in

Yabenze APR FC yamuhaga ibya Mirenge ku ntenyo! Mu masaha make Bigirimana Abed araba ari mu Rwanda kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports

Yabenze APR FC yamuhaga ibya Mirenge ku ntenyo! Mu masaha make Bigirimana Abed araba ari mu Rwanda kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports.

Bigirimana Abedi wanyuze muri Kiyovu Sports umwaka ushize, ategerejwe i Kigali mu Rwanda i Nyarugenge kurangizanya na Rayon Sports.

Amakuru agera kuri Yegob.rw ni uko ku kigero cya 90% Abedi yamaze kumvikana na Rayon Sports igisigaye ni ugutereka umukono ku masezerano.

Abed yateye umugongo APR FC yamuhaga ibya Mirenge ku ntenyo yemerera Rayon Sports aho arasainya mu masaha make ari imbere.

Bivugwa ko yahawe miliyoni zirenga 30 z’amanyarwanda kugira ngo asinye muri iyi kipe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubukwe cyangwa indirimbo y’ubukwe? Mu ibanga rikomeye The Ben yagaragaye yiheraranye na Noopja waririmbye «murabeho ndagiye» bari gupanga ikintu gikomeye cyane (Amafoto) 

Iyi videwo The Trainer agombe ayibone: Mu myenda imwegereye cyane Keza Terisky yerekanye uko ateye nacyo ahishe -Amashusho