in

Ubujura bwageze ku rundi rwego! Ibisambo byasanze abanyamakuru mu kiganiro kuri Radiyo, maze abiba utwabo twose

Ubujura bwageze ku rundi rwego! Ibisambo basanze abanyamakuru mubl kiganiro kuri Radiyo, maze abiba utwabo twose.

Amabandi yitwaje intwaro yinjiye muri studio za radio Mwinjoyo FM mu Majyepfo ya Kenya mu karere ka Nakuru, acucura abanyamakuru.

Byabaye mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 11 Gicurasi ubwo abo banyamakuru bari mu kiganiro, nk’uko ikinyamakuru The Citizen cyabitangaje.

Amakuru avuga ko abi bisambo byaje muri situdiyo z’iyo Radiyo maze bikiba abanyamakuru byahasanze.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bakora amanywa n’ijoro, ihere ijisho aho imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera igeze – AMAFOTO

Mu bukwe bwose wabonye ni ubuhe burenze kurusha ubu? -Amashusho