in

Bakora amanywa n’ijoro, ihere ijisho aho imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera igeze – AMAFOTO

Bakora amanywa n’ijoro, ihere ijisho aho imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera igeze.

Imirimo yo kubaka Ikibuga cy’indege mu Karere ka Bugesera bigaragazwa ko igeze ku kigero cya 60% kugira ngo cyuzure ku buryo cyatangira gukoreshwa.

Biteganyijwe ko iki kibuga mpuzamahanga kizitwa Kigali International Airport kizuzura nibura mu 2026.

Kuri ubu hashyizwe hanze n’amafoto agaragaza aho imirimo yo kubaka iki kibuga cy’indege igeze ku buryo bishimangira ko imirimo ibanza igiye kugera ku musozo.

AMAFOTO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mushanana araberwa! Nyampinga w’u Rwanda muri 2019 yagaragaye yacyenyeye bya kinyarwanda (AMAFOTO)

Ubujura bwageze ku rundi rwego! Ibisambo byasanze abanyamakuru mu kiganiro kuri Radiyo, maze abiba utwabo twose