in

Ubugabo bw’umugabo bwaheze mu mwobo yacukuye mu rukuta ngo ujye umufasha gutera akabariro

Ubugabo bw’umugabo bwaheze mu mwobo yacukuye mu rukuta ngo ujye umufasha gutera akabariro.

Umugabo witwa Erik ufite umugore witwa Katie bitabaje abaganga nyuma yaho ubugabo bw’umugabo buheze mu mwobo w’urukuta bari baracukuye ngo ujye ubafasha gutera akabariro.

Ubusanzwe ibi ni uburyo abantu bakunze gukoresha (umugore n’umugabo) ngo batere akabariro batarebana bifashishije uwo mwobo kugirango barusheho kuryoherwa.

Rero ubwo aba bombi babikoraga, ubugabo bw’umugabo bwaje kuruta ubunini bw’umwobo bacukuye bituma aheramo.

Ibyo byatumye bitabaza abaganga baza kubafasha. Katie umugore we yavuze ko ubwo yahamagaraga abaganga yumvaga afite isoni n’ikimwaro gusa ngo yabonaga ntabundi buryo bwo gucyemura icyo kibazo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: RIB yataye muri yombi abantu 4 barimo aba pasiteri babiri bakurikiranyweho icyaha cy’ubuhemu bakoreye umuyobozi wa ADEPR

Inkuru ya Hakizimana wamaze hafi ½ cy’ubuzima bwe yiga icyiciro cya kabiri cya Kaminuza