in

Ubufaransa buri gufanwa na benshi mu gikombe cy’isi bwavunikishije umukinnyi ngenderwaho habura iminsi micye

Ikipe y’igihugu y’ubufaransa yavunikishije umukinnyi ndenderwaho mu gihe habura iminsi itarenga 4 gusa ngo igikombe cy’isi gitangire.

Ubufaransa bumaze iminsi mike cyane mu gihugu cya Quatar Ari naho hazabera igikombe cy’isi cy’uyu mwaka kizatangira tariki ya 20 ugushyingo 2022.

Ubwo iyi kipe yageraga muri iki gihugu yatangiye imyitozo kugirango ikomeze kwitegura iyi mikino iba yahuruje imbaga nya mwinshi baje kwihera ijisho ibi birori biba byabereye mu gihugu kiba cyarateguwe.

Rero ku munsi w’ejo hashize tariki ya 15 ugushyingo 2022, ubwo ikipe y’igihugu y’ubufaransa yakoraga imyitozo umukinnyi wayo Christopher Nkuku yavunikiye mu myitozo aho agomba guhita asimburwa n’undi mukinnyi.

Uyu mukinnyi nyuma yo kuvunika biravugwa ko atazakina iki gikombe cy’isi gusa ntabwo abaganga baratanga Raporo Yuko ameze, abakurikirana iyi kipe y’igihugu batangaje ko umusimbura we azatangazwa ubwo Uyu musore azaba yasuzumwe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi Couple ifanwa n’abatari bake ikomeje guca uduhigo, reba uburyo Jay-Z na Beyoncé ari bo bamaze guca uduhigo twinshi mu bihembo bya Grammy Awards

Haaland mu gahinda ku maso yavuze ikipe aha amahirwe yo kwegukana Igikombe cy’isi kandi yasezeranyije abatuye igihugu cye ikintu gikomeye