in

“Ubaye iki se Bijou?”, Bijou wo muri filime Bamenya yagaragaye ari kuririmba maze ikiniga kiramufata amarira atemba ku matama(videwo)

Umukinnyi wa cinema nyarwanda Munezero Aline wamenyekanye ku mazina ya Bijou muri filime Bamenya, kuri ubu yongeye kuzamura amarangamutima y’abakunzi be nyuma yo gushyira hanze amashusho ari kuririmba maze amarira agatemba ku matama.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagaragaye ari gusubirwamo amagambo y’indirimbo iri mu rurimi rw’icyongereza maze amarira agatemba ku matama.

Umwe mu bamukurikira yatwawe n’amarangamutima ya Bijou maze amubaza icyo abaye, yagize ati “Ubaye iki se Bijou?”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Juno Kizigenza na Bruce Melodie baciye agahigo mu bandi bahanzi bose

Ronaldo akomeje gucanga abantu nyuma y’uko yanze gukorana imyitozo n’abandi