in

U Rwanda rwaje mu bihugu 10 by’Afurika byasuwe cyane kurusha ibindi

 

Igihugu cy’u Rwanda gikomeje kwitwara neza cyane ku mugabane w’Afurika ndetse no ku Isi yose mu bintu byinshi bitandukanye bikaba akarusho mu gusurwa.

U Rwanda rwabonetse mu bihugu 10 byambere muri Afurika bisurwa cyane kurusha ibindi byose muri Afurika dore ko rwaje ku mwanya wa 7 rwahuriyeho n’ibirwa bya Maurice nyuma yuko ibi bihugu byombi byasuwe n’abantu barenga miliyoni mu mwaka wa 2022 .

Ibi u Rwanda rubigezeho nyuma yaho rukomeje gushyira imbaraga muri gahunda yo kumenyekanisha igihugu binyuze muri gahunda ya sura u Rwanda (vist Rwanda).

Aho ubu rufitanye amasezerano n’amakipe y’ibihangage ku isi harimo Arsenal ndetse na Paris Saint Germain abarizwa i Burayi.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese waruziko abagore bakora akazi ko murugo inshuro eshatu kurusha abagabo

Ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo gutsindwa yasuwe ahabwa ubutumwa _ AMAFOTO