in

Ese waruziko abagore bakora akazi ko murugo inshuro eshatu kurusha abagabo

 

Abagore ni abantu bingira kamaro mu buzima bwa muntu ndetse abareba kure ntibatinya kuvuga ko ari mutima w’urugo.
Gusa ngo burya nibo bakora imirimo myinshi yo murugo inshuro eshatu kurusha abagabo.

Mutima w’urugugo kuva kera na kare ngo burya yahoze akora akazi ko murugo kurusha umugabo dore ko umugabo ariko umuco nyarwanda ariko wabigenaga.

Ariko ubu ntago ariko abagore bose babyemeranyaho kuko hari abavuga ko ibya kera atari byo bakwiriye kugenderaho kuko haje uburinganire gusa hari bagenzi babo bagifite imyumvire yo kumva umugabo hari imirimo adakwiriye gukora yo murugo.

Umuyobozi muri UN avuga ko ibi bitari mu Rwanda gusa ahubwo biri muri Afurika yose.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Maze kumva ibyo umbwiye nemeye kumubera umugabo” umugabo wagiye gusezerana yasinze yatunguye benshi 

U Rwanda rwaje mu bihugu 10 by’Afurika byasuwe cyane kurusha ibindi