in

“Twirukiye kwa muganga dusakuza, dusaba ubufasha” Japhet Mazimpaka yavuze ukuntu byagenze ubwo Etienne yakubitwaga

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka yavuze ko birukankanye mugenzi we, Etienne bamujyana kwa muganga ubwo yari amaze gukubitwa n’abagizi ba nabi.

Mu ijoro ryakeye nibwo umunyarwenya Etienne yakubiswe n’abagizi ba nabi bari baje kumwiba.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye, Japhet yavuze ko bajyanye mugenzi we kwa muganga nyuma yo gukubitwa.

Japhet yongeyeho ko ubu mugenzi we ameze neza gusa ariko yasoje avuga ko yibwe Telefoni, Mudasobwa n’ibyangobwa bye.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yahariye APR FC na Kiyovu! Dore uko urutonde rwa shampiyona ruhagaze nyuma y’umunsi wa 23 wa shampiyona

Video y’umwana uvuga ururimi ku isi rukomeye aho bavuga bakanimyoza bikaba bifite icyo bisobanuye