in

“Twara uruhinja rwawe uve muri iyi nzu ” umwana w’umukobwa muto cyane ahanganye na nyirasenge(videwo)

Mu gihugu cya Nigeria umwana ukiri muto w’umukobwa yarakariye bigaragara nyirasenge babana mu nzu imwe ku buryo butangaje nk’umuntu mukuru amubwira ko yava mu rugo rwabo ndetse n’umwana we.

Amashusho yagaragaye amutunga urutoki maze amuvugisha cyane amureba mu maso, avuga ko arakaye cyane kubera ibyo umwana wa m yamukoreye.

Uyu mwana muto w’umukobwa muto yaje kubwira nyirasenge agira ati “Twara Uruhinja rwawe uve muri iyi nzu.”

Ihere ijisho ayo mashusho arasekeje aho hasi yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga kuburyo ya barebwe cyane ku buryo bukomeye

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 11 b’Amavubi barabanza mu kibuga ku mukino barakina na Sudan mukanya

Lionel Messi yasubije abibazaga niba azasubira gukinira FC Barcelona