in

Tumwe mu duce dukomeje guca ibintu muri Uganda kubera ibikorwa by’uburaya bihakorerwa.

Muri Uganda higeze kuba inkundura ku muntu wese wagira uruhare mu buraya akaba ashobora gufungwa imyaka irindwi nk’uko amategeko ahana ibyaha yo muri Uganda yo mu 1950 abivuga. Uburaya ni umwe mu myuga ya kera izwi yo no ku isi muri rusange.

Kampala ni umujyi bivugwa ko uberamo uburaya birenze urugero cyane cyane mu duce 10 twagarutsweho n’ikinyamakuru cyo muri Uganda, Dailyexpress. Utwo duce ni utu dukurikira:

1.Katonga

2.Shimoni

3.Speke

4.William

5.Kimombasa

6.Auto Spa Munyonyo

7.Makindye (Mubarak Zone)

8.De Comrades (Kansanga Soya)

9.Katanga (Makerere)

10.Dancers Club Makindye

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa muraperi w’i Musanze noneho yisize urusenda||Ibyo akoreye Papa Cyangwe ntibisanzwe

Urukundo rukomeje kuvuza ubuhuha hagati ya Clarisse Karasira n’umugabo we.