The Trainer wahoze akundana na Keza Terisky bakaza gutandukana nabi kuze ubwo baje no gupfa umwana the Trainer hari amakuru avuga ko yaba Ari mu rukundo rushya.
Isimbi Yvonne yagaraye ari munzi imwe na The trainer nyuma y’aho agereye I kigali avuye gukoresha kwibagisha amabere kuragira ngo atwike ku mbuga nkoranyambaga.
