Mu gihe amasezerano Sergio Ramos wa Real Madrid na Lionel Messi wa Barcelona yenda kurangira vuba aha, uyu mukinnyi yavuze ko bombi bashobora kwerekeza mu ikipe...
Rutahizamu w’ikipe ya Barcelona ,Lionel Messi ntawema kwegukana ibihembo uko umwaka ushize undi ugataha.Nubwo ategukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi ku Isi mu 2020, cyatanzwe kuri...
Rutahizamu wa Juventus ufatwa nk’uw’ibihe byose, Cristiano Ronaldo yatunguye abatari bake nyuma yo gutangaza ko atigeze aba umukeba wa Messi ,nyamara bizwi ko bahora bahanganye mu...
Jorge, se wa Lionel Messi akaba ari na we mujyanama we mu by’akazi, yahuye na Perezida Josep Maria Bartomeu w’ikipe ya Barcelona baganira kuri ejo hazaza...
Muri ibi bihe bya corona ibyamamare bigiye bitandukanye byinjije akayabo. Nkuko ikinyamakuru dailymail cyabitangaje Hari ibyamamare byinjije akayabo biciye kumbuga nkoranya mbaga mubiryo bwo kwamamaza aho...
Kuva umwaka ushize ikipe ya Fc Barcelone yakomeje kugenda ishaka uburyo yagarura umukinnyi Neymar Jr ngo yongere yubake trio yamenyekanye cyane nka MSN yari igizwe na...
Mu gihe bikomeje kuvugwa ko amakipe yose yo ku mugabane w’uburayi ari mu gihombo gikomeye kubera CoronaVirus, amakipe atandukanye ari kwiga ku buryo yajya agura bakinnyi...
Kimwe mu bintu bikunze gutuma abakunzi b’umupira w’amaguru bajya impaka rukabura gica nukugereranya Crsiatiano Ronaldo na Lionel Messi, ibi rero bikaba bituma kenshi na kenshi abanyamakuru...
Umukinnyi wa mbere wahenze mu mateka y’umupira w’amaguru, Paul Pogba yatangaje abakinnyi abona bafite ubushobozi bwo kuba baca kuri Cristiano na Lionel Messi bakabatwara Ballon D’Or....
Yitwa Iryna Ivanova akaba ari umu Playmate ukomoka mu Burusiya, uyu mukobwa rero akaba amaze iminsi avugwa mu binyamakuru bitandukanye byandika kuri Sport kubera amafoto yashyize hagaragara...
Mu gihe benshi muri iyi minsi bakomeje kugenda bashimangira ko Cristiano Ronaldo ariwe ukwiye kwegukana Ballon D’Or 2016 izatangwa mu byumweru bibiri biri imbere, umukinnyi wa...
Ejo bundi umusore Lionel Messi yeretse ikipe ya Man City ko igifite byinshi byo kwiga kugirango ibashe kubona kwigereranya na Fc Barcelone, gusa ariko ibyo ntibyabujije...
Ronaldo wahoze ari rutahizamu ukomeye w’igihugu cya Brasil ndetse n’ikipe ya Real Madrid yagaragaje ko ari umufana ukomeye w’umukinnyi wa Liverpool, Philippe Coutinho ndetse avugako yifuza...
Iki cyurenze undi hagati ya Messi na Cristiano ni ikibazo gikunze kubazwa abantu benshi bafite aho bahuriye n’umupira w’amaguru, Maradona we si ubwa mbere akibajijwe gusa...
Kuri ubu ikipe ya Fc Barcelone ni imwe mu makipe afite bara rutahizamu bakomeye ku isi, ku bw’izo mpamvu rero ikomeje kugenda ireba uburyo yabongerera amasezerano...
Kuri ubu Lionel Messi mu nzozi ze umukinnyi wambere yifuza koyazaza gukina mu ikipe ya Fc Barcelone ni mwene wabo Paulo Dybala, gusa ariko birasa naho...
Enter your account data and we will send you a link to reset your password.
Here you'll find all collections you've created before.
Recent Comments