imikino
Ramos yahishuye ikintu gikomeye we na Messi bashobora gukorera ikipe ya PSG kigatungura isi yose.

Mu gihe amasezerano Sergio Ramos wa Real Madrid na Lionel Messi wa Barcelona yenda kurangira vuba aha, uyu mukinnyi yavuze ko bombi bashobora kwerekeza mu ikipe ya Paris Saint-Germain ikaba ikipe igizwe n’ibihangange ndetse yatungura isi yose.
Umunyamakuru Josep Pedrerol mu kiganiro kuri televiziyo El Chiringuito yavuze ibyo myugariro Ramos yabwiye Florentino Perez ku bijyanye niki cyifuzo cye.
Ramos yabwiye Perez ko yavuganye n’umuntu wo mu buyobozi bwa Paris Saint-Germain, maze uwo muntu amubwira ko bateganya gukora ikipe ikomeye ya PSG hamwe na Messi. Ibi rero bibaye, PSG yaba ibaye ikipe ikomeye mu mateka y’Isi,dore ko yaba ihuza ibihangange;Sergio Ramos, Lionel Messi, Kylian Mbappe na Neymar Jr.
Biragoye kubyiyumvisha, ariko birashoboka cyane. Gukina munsi ya Mauricio Pochettino nabyo ni agahebuzo, iyo kipe ishobora kuganza isi y’umupira w’amaguru imyaka myinshi nk’uko ikinyamakuru Elfutbolero.us kibitangaza.
💣💣 ¡BOMBAZO MUNDIAL de @jpedrerol !💣💣
"RAMOS, a FLORENTINO: 'En el PSG me han dicho que harán un EQUIPAZO conmigo y con MESSI". #ChiringuitoRamos pic.twitter.com/QZz5Zv8NfV
— El Chiringuito TV (@elchiringuitotv) January 5, 2021
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda24 hours ago
Inkuru ibabaje: I Kigali umusore ariyahuye nyuma yo kwanduzwa SIDA n’umukunzi we.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro13 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi17 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda16 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
urukundo3 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda15 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.