in

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO

Sobanukirwa ibice by’umubiri ,umuntu w’igitsinagore wese urengeje y’imyaka 18 bamukoraho akifuza imibonano

Ubumenyi ngiro bwagiye bugaragaza ko kenshi abantu b’ igitsina gore bose bari hagati y’imyaka 18 na 35 ngo urugingo rwabo rwose rw’ umubiri wakoraho rushobora gutuma bumva bifuje imibonano mpuzabitsina gusa hakaba hari ibice by’ingenzi bituma bafatwa vuba twavuga nka amabere, ikibuno n’ibindi.

Amakuru dukesha urubuga rwa Naij.com atubwira ko mu bushakashatsi bwakorewe ku bantu b’igitsina gore 30 bari hagati y’imyaka 18 na 35, bwerekanye ko urugingo rwose ubakozeho bahita bagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina gusa amabere, mu ntege, ku kibuno no ku gitsina ibyo bice byo byihutisha kumva ashatse gutera akabariro.

Iki gihe ngo barabafashe babaryamisha ahantu ubundi babapfuka mu maso , ubushakashatsi burakorwa, mu bice bimwe byakorerwagaho ubushakashatsi harimo igituza , amabere n’ ahandi henshi.

Byanagaragaye kandi ko imiterere n’ ubworohe bw’ umubiri w’ abakobwa n’ abagore bukururwa cyane no gukorwaho n’ umubiri w’ umugabo kurusha abo bahuje ibitsina babaguyaguya kuko ngo abagiye bakorwaho nabo bahuje ibitsina bitoroha ko yakumva ubushake buzamutse.

Niba rero wifuza gutegura umugore wawe uzijye wibanda ku bice twavuze haruguru ube aribyo ukoraho cyane gusa unamenyeko n’ikindi gice cyose wakoraho gishobora gutuma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ndimbati atangaje ubuzima bwe bw’ibanga yagize kuva ageze muri gereza kugeza asotsemo

Breaking news: Umutoza wa TP Mazembe amaze kwirukanwa.