in

“sinteze kuzubaha Ten Hag” amagambo ya Cristiano n’ubugambanyi Manchester United yamukoreye

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal ndetse akaba na n’umukinnyi wa Manchester United yatangaje amagambo yatumye benshi bacika ururondogoro dore ko uyu rutahizamu ashobora kutazongera gukina undi mukino Old Trafford.

Nyuma y’uko amakipe afashe ikiruhuko kugira ngo ajye gukina igikombe cy’isi, Cristiano Ronaldo azaba ashaka ikipe yazerekezamo mu kwezi kwa mbere.

Mu kiganiro Talk show, Cristiano yavuze ku mutoza ko adateze kuzamwubaha na gato Kandi ko yanagambaniwe nta muntu n’umwe umukunda muri Manchester United.

Cristiano Ronaldo on Erik ten Hag: “I don’t have respect for Erik ten Hag because he doesn’t show respect for me”, tells Piers Morgan.

“If you don’t have respect for me, I will never have any for you”.

Bishatse kuvuga ngo ” ntabwo nakubaha Ten Hag kuko nawe ntanyereka icyubahiro, niba utanyubaha sinzigera nkubaha na rimwe”.

Ibi bije nyuma y’ubihano Manchester United iyobowe na Ten Hag yagiye afatira Cristiano Ronaldo kubera imyitwarire mibi yagendaga agaragaza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu marira avanze n’ibitwenge,abantu batunguwe n’umusore wambitse impeta umuforomokazi amusanze ku bitaro(Video)

Abakinnyi ba APR FC bari mu byishimo bikomeye nyuma yaho ikifuzo cyabo ku mutoza Adil Mohamed cyahawe umugisha