in

ShaddyBoo yibasiwe bikomeye nyuma yo guhamya ko ari we Mwamikazi w’abeza.

ShaddyBoo yibasiwe ndetse abwirwa amagambo akomeye nyuma yo gutangaza ko ari we mwamikazi w’abeza.Abinyujije kuri konti ye ya Twitter Shaddyboo yashyize amashusho y’iminota mike kuri konti ye yerekana ubwiza bwe mu isura ari kuyikoramo ndetse n’ikimero cye yicaye ku ntebe maze munsi y’ayo mashusho akurikizaho ubutumwa buvuga ko ariwe mwamikazi w’abeza ndetse ko ariwe gipimo cy’ubwiza mu karere. Yagize ati’’Ndi umwamikazi w’ubwiza! Nkaba igipimo cy’ubwiza mu karere.’

Nyuma y’ibyo yari amaze gutangaza abamukurikira bahise bandika bamuha inkwenene, bamwe bati uri Delila abandi bati genda wa mugore we ugira ‘confidence’. Gusa hari bamwe bavuze ko bamwikundira ndetse banashima igipimo cy’ubwiza bwe bamubwira ko ari mwiza cyane.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Mico The Best n’umugore we mu rugo rwabo

Ibyo Yverry n’umukunzi we bari bibereyemo mu gihe abantu bakomeje kwibaza niba baratandukanye (video)