in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

ShaddyBoo ahangayikiye cyane abana be uwahoze ari umugabo we yatwaye

ShaddyBoo yagaragaje ko ahangayikiye abana be , ko batari kumwe na Meddy Saleh wahoze ari umugabo ubwo yari yasohokeye ku Kivu .

Ni nyuma y’aho Meddy saleh yari yasohokeye ku Kivu aho yagirira ibihe byiza .Ubwo ShaddyBoo yabonaga iyo foto ye yahise amubaza aho yashyize abana, mbese yashakaga kumubaza impamvu atari kumwe n’abana babo.

Ubusanzwe ShaddyBoo na Meddy Saleh bahoze babana nk’umugore n’umugabo ndetse bafitanye abana babiri. Mu ntangiriro z’umwaka wa 2016 niho byatangiye kunugwanugwa ko Meddy Saleh n’umugore we bari gushaka gatanya nk’umuti w’ibyo batumvikanyeho nyuma yo kurushinga nyuma baratandukana.

Baratandukanye buri umwe abaho mu buzima bwe, Meddy Saleh Uyu munsi ni umunyabigwi akaba n’umwe mu bigirwaho n’abakiri bato bifuza kwinjira mu mwuga wo gutunganya amashusho.

 

Reba incamake y’amakuru ya showbiz agezweho:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abantu biyandikishije gukorera impushya z’agateganyo n’iza burundu zo gutwara ibinyabiziga Ntara y’Amajyepfo, Iburengerazuba, n’Amajyaruguru

Umunyamideli Doreen Kabarebe yatwitse imbuga nkoranyambaga.