in

Shaddy Boo akuyeho urujijo kubamwitiranyije n’umugore wamamaye mu gukina filime z’urukozasoni

Shaddyboo yihanije abamwitiranyije n’umugore wamamaye mu gukina filime z’urukozasoni, bagakwirakwiza amafoto bita ko ari aye arimo gukora imibonano mpuzabitsina.

Ni nyuma yuko Kuva ku wa 19 Ukwakira 2022 ku mbuga nkoranyambaga hiriwe hakwirakwizwa amashusho n’amafoto agaragaza umukobwa bari bitiranyije na Shaddyboo, ari gukora imibonano mpuzabitsina.

Icyakora nyuma yo kubibona, Shaddyboo abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yamaganye iki kinyoma ahamya ko gikwirakwizwa n’abifuza kumuharabika.

Ati “Ni abantu biyemeje kumparabika bansiga isura mbi, ibyo maze kubimenyera. Banyura mu nzira nyinshi. Biriya byabanje kuvugwa umwaka ushize tugaragaza ukuri, ariko ikigaragara ntabwo banyuzwe, urabona ko bakingabaho ibitero.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto ya Patrick Rusine ari kumwe n’umuvandimwe ikomeje gusetsa abantu.

Mu mvugo ikakaye ubuyobozi bwa APR FC bwaganiye kure igitangazamakuru gikomeye mu Rwanda