in

Sat-B yandikiye Polisi ayisaba kumukiza umugore witwa Nelly witwaza ko ari umwishywa w’umugore wa Perezida akirirwa akora ibitanezeza basaza be

Sat-B yandikiye Polisi ayisaba kumukiza umugore witwa Nelly witwaza ko ari umwishywa w’umugore wa Perezida akirirwa akora ibitanezeza basaza be.

Mu butumwa uyu muhanzi yashyize ku rukuta rwe rwa X, yasabye Polisi y’u Burundi gukurikirana Nelly ukomeje kubazonga.

Yagize ati: “Hari hageze aho ‘Burundi Police’  yisubiza akazi kayo ko gutohoza yatswe n’uwitwa ‘Nelly_Nat’. Uyu mukobwa aratumaze adushinja kwica no gukiza. Igiporisi kidahagurutse hazabaho ukwihanira bikomeye.

” Amagambo ashwanisha abantu niyo ahora avuga. Urwitwazo ngo ni niece wa Mama Mubyeyi ‘Burundi1stLady (Angeline Ndayishimiye)”

“Aho bigeze yinjira no mu kazi ka Ministère, ndizera ko atari njye ufite impungenge cyangwa ibi birego. Kubwibyo rero niba binaniranye twebwe abasaza biwe tuzaca inkoni tumunyukure Sawa Sawa. N’ubundi nta mpamvu yo gusumbuwa abavyeyi biwe kwama bamugemurira.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko ikirere cy’u Rwanda kirirwa kimeze

Ikomeje kuziyobora! Ikipe z’i Kigali ziyobowe n’iyo mu ntara muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igize ku munsi wa 11 – Urutonde