in

Shadyboo arimo gutanga itike ku muntu bazajyana mu gitaramo kizabera mu bubirigi, Menya ibisabwa

Shadyboo amaze iminsi ateguza abantu ko agiye kwitabira igitaramo kizabera I burayi mu gihugu cy’ububirigi ndetse avuga ko agiye kuba umwamikazi w’icyo gihugu ku itariki ya 05/11/2022.

Ku munsi wa none, Shadyboo abinyujije kuri Twitter yavuze ko ashaka guha umuntu itike akazajyana nawe mu gitaramo mu gihugu cy’ububirigi ndetse ashyiraho ibyo bagomba gukora.

Kwari ukwandika ahagenewe ibitekerezo ukandikamo umuntu ushaka kuzajyana nawe hanyuma ugakurikirana umuntu yashyizeho hanyuma ugategereza uzafatwa agahabwa itike.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa 2 babaye ba Nyampinga (Miss) mu bihugu byabo basezeranye kubana akaramata (Videwo)

Abahanzi bakiri bato bakomeje gupfa bitunguranye, undi muhanzi wari ufite imyaka 24 yitabye Imana