in

Rwanda : Wa mukobwa umaze imyaka 20 ahumekera ku machine yongeye guseka

Uwase Adeline w’imyaka 27 yavutse ari muzima gusa nyuma aza kugira ikibazo cy’ibihaha mu mwaka 1999, kuva icyo yatangiye kwivuza kugera aho umuryango we amafaranga abashizeho.

Adeline yaje gushirwa ku machine imwongerera umwuka kubera ko ibihaha bye bidakora neza ndetse kugeza ubu ayimazeho imyaka irenga 20.

Nyuma yo gusurwa n’abanyamakuru bakamukorera ubuvugizi bamwe mu banyarwanda bitanze uko bashoboye ndetse Adeline n’umuryango we bizeye ko azavurwa bihagije akongera guhemeka neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje; Ibihugu bitajya bitanga gatanya ku bashakanye bakananiranwa

Mukobwa, nukorera sheri wawe aya makosa ibizakubaho uzabyirengera