in

Rutahizamu w’umunya Nigeria, Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi

Rutahizamu w’Umunya-Nigeria, Ani Elijah wagaragaye yitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yaje kuwuvamo igitaraganya kugira ngo iby’ibyangombwa bye bibanze biboneke.

Uyu mukinnyi ntiyari yatangajwe ku rutonde rw’abahamagawe n’Umutoza Frank Spittler Torsten, ariko ku giti cye abwirwa ko azitabira umwiherero.

Ani Elijah w’imyaka 24 yatsinze ibitego 15 muri PNL mu mwaka w’imikino we wa mbere hano mu Rwanda.

Arifuzwa n’amakipe menshi akomeye arangajwe imbere na APR FC nk’uko amakuru y’abamwengereye abihamya.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Joakim Ojera agiye kugaruka mu Rwanda gukinira ikipe yazonze Rayon Sport

Habaye impanuka ikomeye aho imodoka yagonze umumotari wari utwaye umugenzi