in

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Byiringiro Lague n’umugore we bari kwizihiza isabukuru y’imyaka bamaranye barushinze – AMAFOTO

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Byiringiro Lague ari kwizihiza isabukuru y’imyaka ibiri amaze akoze ubukwe n’umugore we Uwase Kelia.

Byiringiro Lague usanzwe akinira ikipe ya Sandviken IF yo muri Sweden, we n’umugore we Uwase Kelia, ubu bamaze kubyarana umwana umwe w’umukobwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kimisagara umubyeyi witwa Mama Jean yari ari mu nzu nyiri nzu araza ahita ayikuraho amabati, abana bavuye ku ishuri babura aho bajya

Kimihurura umukobwa wakoraga muri hoteli yo kwa Mironko yagiye kwishyuza baramukubita barangije bamufata amaguru bakurura hasi nk’akabakurura igifuka