in

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC yahaye ubutumwa bukomeye abatoza b’ikipe y’igihugu benshi bemeza ko nta bwoba agira

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC utarahamagawe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Niyibizi Ramadhan, yahaye ubutumwa abatoza b’iyi kipe y’igihugu benshi barumirwa.

Kuwa gatanu w’icyumweru gishize tariki 10 werurwe 2023, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yarahamagawe benshi babazwa na rutahizamu Niyibizi Ramadhan utarahamagawe kandi yari arimo kwigaragaza muri Shampiyona uyu mwaka.

Niyibizi Ramadhan nyuma yo kubona arimo kugarukwaho n’abantu benshi cyane, nawe yaje gutanga ubutumwa abuhereza abatoza b’ikipe y’igihugu ndetse n’abayobozi iyi kipe cyangwa abagira uruhare mu guhamagarwa kw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu.

Uyu mukinnyi mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Clarissa UWIMANA ukora kuri B&B FM umwezi, yabajije abahamagara ntiba bazamuhampagara yarashaje.

Yagize Ati ” Ese nibatampamagara nyifite imbaraga bazampamagara narashaje?”

Ibi byatumye abantu benshi bavugishwa cyane bitewe abakinnyi benshi badakunze kuvuga kubera ko ngo bituma bagirana ikibazo gikomeye n’abatoza bikaba byatuma no mu yindi minsi aba atahamagarwa nubwo yakitwara neza.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bakame
Bakame
1 year ago

Ntago Uzi kwandika ibihekane

Umusore yasabye umukobwa kumubera umugore mu buryo budasanzwe (AMASHUSHO)

Aya mafaranga nadateza ikibazo ashobora kuzatuma umupira wacu uba mpuzamahanga! FIFA yakoze agashya yemerera umurengera w’amafaranga umupira w’u Rwanda benshi barumirwa