in

Rulindo abagore bakoze inama: Umugabo urengeje saa mbiri(20:00) akiri mu gasozi, iyo ageze mu rugo i we akubitwa nk’izakabwana

Hari bamwe mu bagabo bo mu karere ka Rulindo mu murenge, bavuga ko barembejwe n’ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo, bityo bakaba basaba ubutabera.

Mu kiganiro aba bagabo bagiranye na Tv1 dukesha iyi nkuru, bavuze ko kuri ubu nta mugabo ushobora gutaha mu rugo i we nyuma ya saa mbili z’umugoroba(20h00) kuko uzirengeje akubitwa nkiz’akabwana.

Bamwe mu bagabo bo muri uyu murenge wa Ngoma, bavuga ko bahitamo kwicecekera, kugira ngo badasuzugurika imbere y’abandi bagabo bagenzi babo, bagasaba inzego zishinzwe zirwanya ihohoterwa kwinjira muri iki kibazo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Virgil Van Djik wa Liverpool yavunywe umugongo _ AMAFOTO

Burya ntuhirwa n’ubuzima ntuzibagirwe gushimira umuntu wakugiriye neza: Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda yashimiwe byimazeyo na mugenzi we yagiriye neza akiri muto