in

Rubavu: Urujijo ku nkuru y’abana babiri baburiwe irengero baje gusangwa mu gihuru bapfuye

Habonetse Imirambo y’abana babiri yasanzwe mu gihuru nyuma y’iminsi itatu baburiwe irengero.

Imirambo ibiri y’umwana w’imyaka 12 n’uwa 17 yasanzwe mu gihuru mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, nyuma y’iminsi itatu baburiwe irengero.

Babasanze mu Mudugudu wa Micinya, Akagari ka Micinya, Umurenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, bakaba bavukaga mu Murenge wa Busasamana. Ku wa 23 Mutarama 2023 ni bwo babuze.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Micinya, Kayobotsi yemeje aya makuru, avuga ko basanganywe ibikomere ku buryo bishoboka ko babanje kwirwanaho mbere yo kwicwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupadiri wapfuye akazuka yavuze uburyo ikuzimu abadayimoni baririmba indirimbo za Rihanna bari gutwika abanyabyaha! indirimbo ya Rihanna bakoresha urasanga nawe uyikunda

“Uzabaze ngewe sintererwa ivi ku muhanda”umukobwa ateye indobo umusore umutereye ivi ku muhanda  mu mujyi rwagati – Videwo