in

Ronaldinho yahishuye ubuzima butangaje yari abayeho muri gereza

Mu kiganiro itangazamakuru, Ronadinho akaba yagarutse ku buzima yari abayeho ubwo yari muri gereza mugihugu cya Paraguay aho yamaze igihe cy’ ukwezi afunze azira gufatanwa ibyangombwa by’impimbano.

Ronadinho washimishije abakunzi b’umupira w’amaguru hirya no hino ku isi byumwihariko abafana ba Fc Barcelone ndetse naba Brazil, akaba yagarutse ku buryo yafashwe ndetse ko bamubwirako agomba gufungwa byamutunguye dore ko we nta mananiza yigeze agira igihe yafatwaga ndetse ntanubwo yari aziko ibyangombwa bamufatanye byari ibihimbano.

Abantu bose twahuriye muri gereza banyakiriye neza cyane. Twakinnye umupira w’amaguru, abandi bakansaba ko twifotozanya, abandi nabo bansaba kubasinyira autographes, byose narabibakoreye ko ni ibintu menyere kandi nta nimpamvu nari kubima ibyo byishimo kandi baba bifitiye ibindi bibazo. ” aya ni amagambo ya Ronadingo avuga ku mibereho ye muri Gereza.

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Neymar ntagisubiye muri Fc Barcelone (impamvu)

Urutonde rw’abakobwa ba abanyarwandakazi na Abarundikazi bakunzwe kuri Twitter