in

APR FC yitegura gusohokera u Rwanda, yahereye ku bafana yiyubaka! Sarpong wari umuhuriga w’imbere cyane muri Rayon Sports, agiye kurahira muri mucyeba wayo APR FC

Uwari umufana ukomeye ‘umuhuriga’ wa Rayon Sports uzwi nka Sarpong, bidasubirwaho yamaze kuba umufana wa APR FC.

Muri aya masaha ya saa Sita zo kuri uyu Gatanu tariki 26 Mata 2024, Sarpong agiye kurahira nk’umufana mukuru wa APR FC utazayitererana.

Uyu musore akaba yatangaje ko yahisemo kijya muri APR FC kuko yabuze ibyishimo muri Rayon Sports. APR FC ifite gahunda yo kwiyubaka igura abakinnyi bazayifasha mu mikino nyafurika.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ijoro abantu baryamye habaye impanuka ikomeye yahitanye abanyerondo -Amafoto

Ibyo bakoreye umwambaro wa Rayon Sports byabaye aba-Rayon! Mu mashusho atashimishije abafana ba Rayon Sports, Sarpong wari umuhuriga muri Gikundiro yahawe umwambaro wa APR FC (AMAFOTO naVIDEWO)