in

NDASETSENDASETSE

Rihanna yasamiye mu kirere umufana wamusabye kuzajya muri baby shower y’umwana we.

Umuhanzikazi Rihanna yasamiye mu kirere umufana we wamusabaga ko azajya mu birori byo kwitegura imfura yuyu muhanzikazi umaze uvugwaho ko atwite maze aramwihanangiriza kubera amagambo yamubwiye.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, nibwo inkuru zatangiye gukwirakwizwa ko uyu mukobwa atwite inda ya ASAP Rocky. Hagati y’ibihuha, umuririmbyi w’imyaka 33 y’amavuko yabwiye nabi umufana wamusabaga ko yajya mu birori byo kwitegura imfura ye (baby shower).

Mu butumwa yamwandikiye yagize ati:”“Nshobora kuza muri baby shower, sis?” ese koko Nukuri uratwite cyangwa sibyo?, abana bawe bazaba batangaje.Gusa umbarire, ariko ubu abantu bose bari kuvuga cyane kumwana utwite”

Mu kumusubiza Rihanna yagize ati:”“Haaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa!ntuzigera uhagera niyo haba baby shower 10.Mwabantu mwe murantangaza buri mwaka”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru Meza Ku Bantu Bari Barazengerejwe Na Camera Zo Mu Muhanda

Umusore w’umutinganyi yarize nk’uruhinja ubwo yasezeranaga n’umugabo we (Video)