in

Resitora ishobora kwishyura akayabo ku mukecuru w’imyaka 72 wayipfiriye imbere

Muri Leta Zunze Ubumwe za America ,mu leta ya Kentucky ,mu mujyi wa Elizabethtown , haravugwa inkuru y’umukecuru w’imyaka 72 wagwiriwe n’icyapa cyamamaza resitora ya  Denny Dinner ubwo yari mu modoka ye agahita yitaba Imana.

Cnn ivuga ko nyir’iri resitora Denny yavuze ko atazi neza uko byagenze ngo bigere aho iki cyapa gihitana ubuzima bw’uyu mubyeyi ,ariko kandi ko biteguye gukora uko bashoboye ngo bite ku muryango wa nyakwigendera , cyane ko ngo yagwiriwe n’icyapa cyamamaza resitora ye kandi umutekano aricyo kintu bashyira imbere

Ni impanuka yabaye mu mugoroba wo kuwa kane tariki 19 Mutama 2023, ubwo uyu mukecru yari aparitse imbere ya resitora icyapa kikaza kugwira imodoka ye yarimo ,iyi resitora ikaba ishobora gukoresha ubwishingizi mu kwishyura umuryango wanyakwigendera

Umukecuru w'imyaka 72 yagwiriwe n'icyapa cyamamaza resitora ahita yitaba Imana
Umukecuru w’imyaka 72 yagwiriwe n’icyapa cyamamaza resitora ahita yitaba Imana

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Malaya,Malaya,Malaya; Abafana ba Kiyovu sport bari birabye ivu Mukansanga Salma ngo yabasifuriye nabi

Igiciro cy’inyama z’ibikeri gihangayikishije benshi kubera gutumbagira cyane