in

Reka nkuseke mu cyapa: Umunyamakuru Sandrine Isheja yasetse mugenzi we mu buryo butangaje, amuvugiriza induru kubera kwishimira itsinzi ya Arsenal -VIDEWO

Umunyamakuru wa Kiss FM Sandrine Isheja Butera ari muri studio yishimiye bikomeye cyane itsinzi y’ikipe ya Arsenal yihebeye, aho yaje kuvugiriza induru Patrick Rusine bakorana udakunda Arsenal.

Ubwo bari mu kiganiro Break Fast, hajemo umunyamakuru Jado Max uvuga amakuru y’imikino, yakomoje ku ntsinzi ya Arsenal maze Sandrine aseka mu buryo butangaje Rusine Patrick, ibyo yise guseka mu Cyapa.

VIDEWO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Na none kandi indi mpanuka yahitanye abagera 10 abandi 9 bakomereka bikomeye

Imukuye mu menyo ya rubamba; Reyon sport yikozemo imanura rutahizamu karundura bakomeje kugira ibanga