in

Reba Miss Muyango na Kimenyi bari kurya ubuzima ku mazi, barimo bakina iby’abakundana

Mu gihe abafana babo bakomeje kubashishikariza gukora ubukwe, Miss Muyango n’umukunzi we Kimenyi bakomeje kwishimisha batembera ahantu hatandukanye hafite ubwiza nyaburanga hano mu Rwanda.

Ku munsi w’ejo rero iyi couple iherekejwe n’inshuti zayo za hafi ikaba yaragiye kwishimira ku mazi ku Kiyaga cya Muhazi. Nkuko bigaragara muri video Muyango yashyize kuri snapchat bikaba byari umunezero gusa gusa aho we n’umukunzi we Kimenyi bari barimo bakina udukino twabakundana basomana ku matama.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya uko wasaba imbabazi umukunzi wawe mu gihe wamurakaje.

Umufana wa Miss Ricca Michaella yamubajije ibanga akoresha ngo agire ikibuno kinini