Inkuru rusange
Reba ibyo utazi ku mukobwa wuje uburanga wabaye Miss Burundi

ngabire Ange Bernice w’imyaka 21 asimbuye kuri uyu mwanya umukobwa witwa Melodie Mbonayo wambitswe iri kamba mu mwaka wa 2012. Miss Ingabire yagizwe Nyampinga w’u Burundi muri 2016 kugeza muri 2017 ari nabwo hazatorwa uzamusimbura.
Mu irushanwa rimaze ukwezi kose, rikaba ryariitabiriwe n’abakobwa 14 , Ingabire Ange Bernice niwe watsindiye uyu mwanya mu birori byabereye mu mujyi wa Bujumbura, asimbura Miss Melodie Mbonayo umaze imyaka ine yambaye iri kamba ry’ubwiza nka Nyampinga w’igihugu dore ko yabaye Miss Burundi 2012.
Angel afite inzozi zo kuzaba Doctor mu buvuzi ndetse yatangiye urugendo rwo kuzazigeraho dore ko yiga ubuganga muri University of Burundi.
Umushinga we wo gufasha abana bafite ubumuga bwo mu mutwe n’ubw’ingingo niwo watumye aza imbere y’abandi bose. Angel ati†Iteka nahoze ndota kuzaba Docteur mbere yo kuba Nyampinga w’Uburundi ..niteguye gukora icyo nshoboye cyose mfatanyije n’abanyagihugu kugira dutabare abana bababaye.
Angel yakurikiye Imana ndetse aririmba muri Korari ikirenze kuri ibyo ngo mu buzima bwe agendera ku mutagatifu Mother Teresa Calcutta. Ikindi utazi kuri Angel kandi ngo ibara ry’Irose niryo akunda kurusha ayandi.

Kaneza Monna Walda wabaye igisonga cya Mbere

Ornella Gahimbare yabaye igisonga cya Kabiri
-
Hanze12 hours ago
Umuhanzi Diamond Platnumz yamaze gukora impinduka mu mazina ye yitwaga.
-
imikino21 hours ago
Amadolari Sadate yemereye abakinnyi b’Amavubi ararokotse| Dore ibyo Sadate ahise atangaza
-
Imyidagaduro10 hours ago
Shaddyboo yahawe inkwenene azira kwigamba ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana
-
Imyidagaduro7 hours ago
Umwe mu banyamakuru ba RBA bakunzwe yahishuye impamvu abantu babyibushye batisanzura ku bantu bose
-
inyigisho23 hours ago
Amakosa ashobora gutuma umukobwa asezera ku rukundo igitaraganya
-
inyigisho13 hours ago
Niba urateganya gukora ubukwe zirikana ibi bintu by’ingenzi utazavaho wicuza nyuma.
-
inyigisho9 hours ago
Uretse kuba abagabo bagiye gusubira ku gikoma, dore ibindi bintu by’ingirakamaro byo gukora muri guma mu rugo
-
Hanze5 hours ago
Umukobwa w’Umutaliyani wakundanaga na Eric Omindi yashyize hanze amabanga yabo yose yo mu buriri.