in

Umuhanzi Bruce Melodie ari gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye cyane wakoranye indirimbo na Jason Derulo wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika(video)

Umuhanzi Bruce Melodie uri kubarizwa mu gihugu cya Nigeria yagaragaye ari kumwe n’umuhanzi ugezweho cyane ndetse wakoranye indirimbo na Jason Derulo.

Bruce Melodie ari gukorana indirimbo n’umuhanzi Bayanni ugezweho ndetse ufite indirimbo ikunzwe cyane  yitwa ‘ Ta ta ta’ uyu muhanzi akaba abarizwa mu nzu izwi cyane ireberera inyunga z’abahanzi yitwa Mavin Records y’umuherwe Don Jay kandi uyu Bayanni aherutse gusubiramo indirimbo ye ‘Ta ta ta’ afatanyije n’icyamamare mu muziki ku Isi Jason Derulo wo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ashobora gukatirwaga igifungo cya burundu: Umugabo wishe umugore we ibye birasobanuka uyu munsi

Ari mu mumyenga w’urukundo: Umuherwekazi Zari yongeye gushyira hanze amafoto agaragaza uburyo aryohewe n’urukundo(amafoto)