Mu irushanwa ry’Ubutwari ikipe ya APR WVC yatsinze ikipe ya Ruhango WVC amaseti 3-0, amafoto yaranze uwo mukino yatumye abasore bayarebye bashaka kumenya aho iyo mikino iri kubera kugira ngo bazajye kwirebera ikimero cy’aba bari.
APR Volleyball Club y’abagore igeze ku mukino wa nyuma w’iri rushanwa ry’Ubutwari, aho itegereje ikipe izava hagati ya FOREFRONT na RRA.
AMAFOTO:









