in

Rayon Sports yashyize hanze abakinnyi 3 bazatoranwamo uwakinnye neza ukwezi Kwa 11 batarimo Luvumbu

Rayon Sports yashyize hanze abakinnyi 3 bazatoranwamo uwakinnye neza ukwezi Kwa 11 batarimo Luvumbu

Kuri uyu wa mbere nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje kumugaragaro abakinnyi 3 bazakurwamo uwahize abandi mu kwezi Kwa 11 gusa ntibarimo Hertier Luvumbu Nziga.

Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe ubona ko ikintu cyo gutanga ibihembo Kwa Rayon Sports gisa nk’icyahagaze ariko yongeye gusubukura iki gikorwa ihemba abazavamo uwakinnye neza ukwezi Kwa 11 2023.

Mu bakinnyi Rayon Sports yashyize ahagaragara barimo Muhire Kevine, Kanamugire Roger ndetse na Bugingo Hakim. Muri uku kwezi ntabwo Hertier Luvumbu Nziga yigeze yigaragaza ku buryo yaba muri aba bakinnyi.

Umukinnyi wahize abandi azamenyekana muri uku kwezi tariki ya 7 nibwo ibi bihembo bizatangwa hakurikijwe amatora y’abafana ba Rayon Sports.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamabanga mukuru wa Rayon sports yashyize umucyo ku cyibazo cya kapiteni wabo Rwatubyaye Abdul.

Abagore Murungi Sabin ararura bazabazwa nde ? Ese kuki akomeje kwigira isoko ya Divorce nyinshi mu ngo za Rubanda ?