in

Radio&TV 10 birangiye ibuze undi munyamakuru ukomeye.

Umunyamakuru wa Siporo, wakunzwe cyane kuri Radio 10 Kalisa Bruno Taifa,na we yasezeye, aho bivugwa ko yagiye kwiyunga kuri Sam Karenzi na Horaho Axel kuri Radio nshya.

 

Bruno Taifa asezeye nyuma y’aho kuri uyu wa mbere yari yitezwe mu kiganiro cyimikino kuri Radio 10 birangira ataje.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ingaruka guhagarara kwa Whatsapp, Facebook na Instagram byateye Mark Zuckerberg

Anita Pendo yasangije abafana be urugendo rutoroshye yanyuzemo ubwo yari atwite umwana we