in

R.Kelly yavuze ibintu 5 akunda cyane mu buzima bwe, ikiza ku isonga ni ugutera akabariro.

Umuhanzi R. Kelly yatunguye cyane abafana be ubwo yatangazaga ibintu 5 akunda mu buzima ariko akavuga ko ikiza ku mwanya wa mbere ari ugukora imibonano mpuzabitsina.

Uyu mugabo wagiye ukunda kuvugwaho ibyaha byo gifata ku ngufu abangavu, avuga ko mu bintu akunda kurusha ibindi harimo n’igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu nteruro isa n’aho itari ndende yagize ati ”Mu buzima hari abantu bakunda ibirori, uwo ninjye. Hari abantu bakunda Imana, uwo ninjye. Hari abakunda imibonano mpuzabitsina, uwo ninjye. Hari abakunda abantu, uwo ninjye. Hari n’abakora amakosa uwo nawe ninjye”.

Iyi nteruro iri mu bintu bitanu yavuze bikomeye bigenderwaho na benshi. Uyu muhanzi w’icyamamare kuri uyu mubumbe wiyemerera ko ukunda gukora imibonano mpuzabitsina yavuzweho kenshi gufata ku ngufu abagore ndetse rimwe na rimwe bikamugeza mu nkiko akishyura akayabo k’amadorari yewe hari igihe byaje kumuviramo gukena no gusubiza hasi ubutunzi bwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyikura mu gacuma ikagukura mu bagabo koko: Reba uko byagendekeye uyu mugore nyuma yo gufata kuri ka manyinya(VIDEO).

Amwe mu makosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe uri mu bihe byiza n’umukunzi wawe mu buriri.