in

Queen Cha yakuye mu rujijo abasore bose bibaza niba yaba afite umukunzi

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzikazi Queen Cha wamamaye cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa n’abantu batari bake, abinyujije kuri story ya instagram ye yasabye abafana be ko bakubaza ibibazo maze nawe akabasubiza.

Nkuko byagaragaye mu bibazo byabajijwe, umwe mu bafana be yamubajije niba yaba afite umukunzi maze Queen Cha adafiye ku ruhande ahita amwemerera ko kuri ubu afite umusore bari kumwe mu rukundo.

Uku niko Queen Cha yasubije umwe mu bafana be wamubajije niba afite umukunzi
Queen Cha yavuze ko kuri ubu afite umusore bari kumwe mu rukundo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yahogoje abasore benshi mu Rwanda| Niwe munyamakurukazi wa mbere mwiza mu Rwanda| Clarisse akomeje kubaga nta kinya!

Urukundo nirwogere: Couple y’umusore w’imyaka 35 ugiye kurongora umukobwa bakundanye bafite imyaka 5 yatunguye benshi.