in

Polisi irigushakisha abakobwa bagaragaye bakubita bunyamaswa mugenzi wabo

Guhera ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 9 Mutarama 2023 nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanya mu gihugu cy’Ubugande hatangiye gucicikana amashusho y’umukobwa wagaragaye ari gukubitwa n’abagenzi be bamuhora umusore bavuga ko yabaciye inyuma.

Umuvugizi wa Polisi mu gihugu cy’Ubugande abinyujije ku rukuta rwa twitter yahamije aya makuru avuga kugeza kuri ubu abahohoteye mugenzi wabo bari gushakihswa kugirango bashyikirizwe ubutabera.

Ni igikorwa Polisi irigukora ifatanije n’uyu mukobwa wahohoterewe mu nyubako ikodeshwa iherereye Kira Municipality. aho bigaragara abakobwa bari gukubita bikabije uyu mukobwa ari nako bamufata amashusho.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ wari umaze amezi 6 ari umushomeri yamaze gusinyira ikipe nshya izamufasha kongera guhamagarwa mu Amavubi

Reba amazina 50 y’abakobwa na 50 y’abahungu yakunzwe mu mwaka wa 2022, harimo nka James, Oliver, Emma, Isabella, Grace ndetse n’abandi menshi