in

Pasiteri wagaragaye akubita abakritsu be mu rwego rwo kwirukana amagini yatawe muri yombi

Ni kenshi usanga aba Pasiteri bakora ibidasanzwe mu rwego rwo kwirukana ibyo bo bita imyuka mibi mu bayoboke babo uyu we yatawe muri yombi kubera ibikorwa yakoze.

Pasiteri Kintu wavugaga ko inkoni akubita abayoboke be ari iy’ibitangaza, arashinjwa ibyaha 18 birimo gucuruza abantu, kubahutaza n’ubuhezanguni bushingiye ku idini.

Kuri ubu Pasiteri Kintu yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo gucuruza abantu ndetse acumbikiwe n’igiporisi cya Uganda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haringingo Francis akubise akanyafu ku kibuno umukinnyi wa Rayon Sports umaze iminsi yigize intagondwa

Umugabo yakoze ibidasanzwe amenye ko umwana yitaga uwe ari atamubyaye