in , , ,

Padiri yasambanyije umugore wamusuye abeshya ko agiye gushyingura kugeza amwishe

umugore wubatse yasanzwe yapfiriye mu nzu y’abapadiri nyuma yo kubeshya umugabo we ko agiye gushyingura, naho we yigiriye kwirebera Padiri mu rugo iwe.

Nk’uko tubikesha newslexpoint, Padiri Abel Mwelwa yatumiye uwo mugore wubatse mu rugo rwa Paruwasi mu ijoro ryo kuwa kane Mutagatifu. Musenyeri Alick Banda wa Arikidiyoseze (Archdiocese) ya Lusaka yahisemo kumuhagarika ku mirimo ye nyuma y’uko inkuru ibaye kimomo.

Padiri Mwelwa yakiriye ubutumwa bumuhagarika kuba umuvugabutumwa wa paruwasi ya Kaunda. Bwagiraga buti: “Ndikugira ngo mbamenyeshe ko nyuma y’ibyabaye, umupadiri Abel Mwelwa ahagaritswe ku mirimo ya Kiliziya yakoreraga muri Paruwasi ya Kaunda. Nkuko amategeko ya arikibisikopi ya Lusaka abigena”.

Biravugwa ko uyu mukozi w’Imana, yaba yarateye imiti uyu mugore, kugira ngo amukuriremo inda.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bahavu Jeanette yanze kwemera ibyo yasabwe kugira ngo ahabwe imodoka yatsindiye mu bihembo bya RIMA

Musanze habereye impanuka mbi cyane kurenza izo waba uzi zose