in

“Nzahora nkwibuka nk’intwari yanjye papa ndagukunda” Bad Rama yasezeye ku mubyeyi we witabye Imana mu magambo ababaje

Mupende Ramadhan uzwi mu myidagaduro nka Bad Rama n’umuryango we bari mugahinda ko kubura umubyeyi wabo (se) witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 11 rishyira kuwa 12 Ukuboza 2022.

Uyu mubyeyi akaba yaguye mu bitaro bya CHUK aho yari arwariye.

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram Bad Rama yasezeye ku mubyeyi we witabye Imana, avuga ko azahora amwibuka nk’intwari ye ndetse amusezeranya ko ikivi cye yatangiye azacyusa.Yongeraho ko amukunda cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: umukobwa uvukana na Miss Amanda yambitswe impeta n’umusore wamwihebeye

Reba ibyabaye ku muforomokazi watanze itangazo ushaka uwamurongora