in

Nyuma y’umwana wavukanye imitwe ibiri, undi mwana yavukanye amaguru ane (4) ubwoba butaha abantu

Uyu mwana watangaje abantu bose ateye mu buryo butangaje na cyane bimwe mu bigeze umubiri we bitangaje kuva hasi kugeza hejuru.

Umubyeyi witwa Gwalior  utuye mu karere ka Madhya Pradesh mu gihugu cy’Ubuhinde, yabyaye umwana ufite amaguru ane bitera abantu benshi amatsiko no gukomeza kumwibazaho no kwibaza kuri uyu mwana w’umukobwa.

Muri ibi bitaro haherukaga kuvukira undi mwana utangaje wabyawe na Aarti Kushwaha na Sikandar Kampo nabo batuye muri aka gace.

Nyuma yo kwibaruka uyu mwana abaganga bavuze ko ameze neza ndetse ko n’ubuzima bwe bukomeye cyane.Uyu muganga

yavuze ko ibiro by’umwana byari 2.3 na cyane byaje no kwemezwa n’itsinda ry’abaganga bakora muri ibi bitaramo.

Uyu muyobozi w’ibi bitaro Dr RKS Dhakad, yaragize ati:”Uyu mwana afite amaguru ane, yavukanye ubumuga ndetse n’ibindi

bice by’umubiri bye birangaje koko hari ibirengeje umubare ugenwe bizwi nka ‘lschiopagus’ mu rurimi rwa kiganga(Amuga y’abaganga).

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi: Miss Iradukunda Elsa na Miss Muheto Divine ndetse n’abandi bakobwa b’ibizungerezi bahuriye muri Siporo rusange bagaragaza akanyamuneza ku maso

Gutsindwa na APR FC bigiye gutuma Rayon Sports yirukana abakinnyi batanu icyarimwe