in

Nyuma y’uko abafana ba Rayon Sports banze gukomera amashyi abakinnyi babo ubwo batsindwaga na Gorilla FC, abakinnyi nabo babihimuyeho – AMAFOTO

Mu mukino wabaye kuri iki cyumweru tariki 7 Gicurasi 2023, uhuza ikipe ya Rayon Sports na Gorilla FC bikaza kurangira Gorilla insinze Rayon Sports ibitego 3-1, abafana ba Murera banze gukomera amashyi abakinnyi babo ubwo uyu mukino warangiraga.

Nyuma y’umukino wahuje Rayon Sports na Mukura VS, ubwo Rayon Sports yatsindaga Mukura VS ibitego 3-2, kandi bari babanje kubatinda ibyo bitego 2 maze Rayon Sports ikaza yishyura kugeza ubwo bashyiramo icya 3.

Abakinnyi ba Rayon Sports nabo bihimuye ku bafana b’iyi kipe, ubwo wasozwaga nabo banze kujya gusuhuza aba bafana.

Byari bimenyerewe ko buri mukino ikipe ya Rayon Sports ikinnye iyo usojwe, abakinnyi bajya gusuhuza abafana babo maze nabo bakabokomera amashyi.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Izina rimwe yaryiswe na nyina ari we Rihanna ayandi abiri ayitwa na se, amazina atangaje y’umwana wa Rihanna yamenyekanye

Birabe ibyuya, inkuru itari nziza ku bantu bakundaga Amafoto ya Miss Ishimwe Naomie