in

Nyuma yo kwibasira ibyamamare byo mu Rwanda, dore ibibaye kuri Papa Cyangwe

Umuhanzi w’umuraperi Papa Cyangwe nyuma yo kwibasira ibyamamare mu myidagaduro nyarwanda yahisemo no guhagarika gukurikira ibikorwa byabo.

Papa Cyangwe yashyize hanze indirimbo “Sitaki” itamaze abamwereye gukorana indirimbo bakamwihinduka , abamwiranze nyuma yo kwamamara ndetse n’abamutsikamiye mu rugendo rwo gutera imbere.

Nyuma yo kuyishyira hanze ikavugisha benshi uyu muraperi yatangaje ko yari arambiwe kubana n’abantu baryaryana.

Kuri ubu nta muntu n’umwe mu byamamare birimo Bruce Melodie, Juno Kizigenza, Rocky Kimomo na Davis D agikurikira kuri Instagram nkuko byari bisanzweho.

Gusa ibi byamamare nabyo ntabwo bikurikira uyu muraperi kuri uru rubuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zabyaye amahari kwa Clapton Kibonke na Rusine

Mu mafoto: Dore Myugariro Nsabimana Aimable mu mwambaro wa Kiyovu sport FC