in

Nyuma yo kugera muri Tunisia, APR FC yahuye n’imbogamizi nyinshi

APR FC yamaze kugera mu gihugu cya Tunisia, aho Saa Munani na 45 yasesekaye ku kibuga cy’indege cya Tunis Carthage, iyi kipe ikaba iraguma i Tunis kuko habayeho kwikanga ko ikipe yajya i Monastir ikisanga muri Hoteli ya Perezida cyangwa visi Perezida wa US Monastir kuko inyinshi zihari ari izabo.

APR FC ikaba yarahagurutse mu Rwanda ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri aho yahagurukanye abantu 41 barimo abakinnyi 25, abagize technical staff 11, komite 3 ndetse n’abanyamakuru 2.

Urutonde rw’abakinnyi 25 APR FC yahagurukanye

TUYIZERE J. Luc

ISHIMWE J. Pierre

MUTABARUKA Alexendre

OMBOLENGA Fitina

NIYOMUGABO Claude

NDAYISHIMIYE Dieudonne

ISHIMWE Fiston

RWABUHIHI Aime Placide

NIYIGENA Clement

ISHIMWE Christian

BUREGEYA Prince

MUGISHA Bonheur

NDIKUMANA Fabio

RUBONEKA Bosco

MANISHIMWE Djabel

NIYIBIZI Ramadhan

BYIRINGIRO Gilbert

ITANGISHAKA Blaise

NSHIMIYIMANA Yunusu

MUGISHA Gilbert

KWITONDA Allain

MBONYUMWAMI Taib

MUGUNGA Yves

NSHUTI Innocent

BIZIMANA Yannick

Technical Staff

Technical Staff

MOHAMMED ADIL ERRADI

Benmoussa Abdesattar

Pablo Sebastien Morchon

MUGABO Alex

Maj. UWANYIRIMPUHWE J.Paul

Lt Dr URWIBUTSO Ernest

Capt. TWAGIRAYEZU JACQUES

KOKO Dickjekain

HABUMUGISHA ERNEST

NSHIMIYIMANA STEVEN

UWIHANGANYE HARDI

Umukino wo kwishyura uzaba tariki ya 18 Nzeri 2022, ni nyuma y’umukino ubanza wabereye i Huye tariki ya 10 Nzeri APR FC ikaza no kuwutsinda 1-0.

APR FC ikaba isabwa muri uyu mukino kunganya gusa kugira ngo igere mu cyiciro gikurikiyeho aho ikipe izarenga iki cyiciro izahura na Al Ahly.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekane ikipe isigaye ifite abafana benshi hagati ya APR FC Vs Rayon Sports

Kayonza: Umugore yatawe muri yombi nyuma yo guhondagura umugabo we akamwima n’ibiryo