in

Ese uyu ni we Se w’umwana? Bijou yagaragaye ari gusomana n’umusore uzwi muri filime nyarwanda – AMAFOTO

Nyuma y’igihe gito Munezero Aline uzwi muri filime Bamenya nka Bijou abyaye umwana ariko Sentore wahoze ari umugabo we akaba yaratunguwe no kubona yarabyaye, kuri ubu Bijou yagaragaye ari gusomana na Karisa Ernste uzwi muri filime nyarwanda nka Samusure, Rurinda ndetse n’andi menshi.

Iyi foto yatumye abantu benshi batangira gucyeka ko uyu Ernste ashobora kuba ariwe Se w’umwana Bijou aherutse kwibaruka dore ko atari ubwa mbere bifotozanyije nyuma yo kubyara.

Gusa Bijou akimara kumva ko Lionel Sentore ubwo yageraga i Kigali yatunguwe no kubona yarabyaye,  Bijou yahise amusubiza agira ati “Sentore ntakwiye kumenya aho nakuye umwana kuko abagabo barahari.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Christian Tuganemungu
Christian Tuganemungu
1 year ago

Arko abantu muragoranye none c mubona Biju we ntamubiri agira kuburyo yari kumujugunya akagenda we akaberaho ngaho yamusize muri gereza?sentore yananiwe kubona ubwiza bwa Biju abandi barabubonye rero natuze

Bugesera FC nyuma yo gucunga abantu basinziriye ikirukana umutoza, yabuze amahitamo hagati yabatoza babiri

Dj Sonia yasubije uwamwendereje