Nyuma y’igihe gito Munezero Aline uzwi muri filime Bamenya nka Bijou abyaye umwana ariko Sentore wahoze ari umugabo we akaba yaratunguwe no kubona yarabyaye, kuri ubu Bijou yagaragaye ari gusomana na Karisa Ernste uzwi muri filime nyarwanda nka Samusure, Rurinda ndetse n’andi menshi.

Iyi foto yatumye abantu benshi batangira gucyeka ko uyu Ernste ashobora kuba ariwe Se w’umwana Bijou aherutse kwibaruka dore ko atari ubwa mbere bifotozanyije nyuma yo kubyara.
Gusa Bijou akimara kumva ko Lionel Sentore ubwo yageraga i Kigali yatunguwe no kubona yarabyaye, Bijou yahise amusubiza agira ati “Sentore ntakwiye kumenya aho nakuye umwana kuko abagabo barahari.
Arko abantu muragoranye none c mubona Biju we ntamubiri agira kuburyo yari kumujugunya akagenda we akaberaho ngaho yamusize muri gereza?sentore yananiwe kubona ubwiza bwa Biju abandi barabubonye rero natuze