in

Nyuma y’igihe amwoherereza amafaranga menshi ,umusore yasanze sheri we yarambitswe impeta

Umusore yarize cyane nyuma yo kumenya ko umukunzi we yahoraga yoherereza amafaranga menshi yamaze kwambikwa impeta n’undi musore.

Umugabo yasigaye afite umutima mubi ndetse n’agahinda nyuma yo kumenya ko umukunzi we bamaze imyaka ine bakundana yambitswe impeta nundi mugabo i Abuja.

Nkuko yabitangaje ngo ntabwo yamumenyesheje mu buryo butaziguye ibyo yasezeranye, ariko yabishyize kuri status ya WhatsApp, agaragaza ko yambitswe impeta

Muri videwo yashyizwe kuri instagram uyu musore yarize ubwo yaganiraga ninshuti ye, maze atangaza ko yamwoherereje amafaranga ibihumbi 10 kumunsi kugirango amutungure.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore w’imyaka 23 ufite abana 34 yatangaje abantu ukuntu abitaho

Ibyo kurya byakurinda gusaza imburagihe